Featured Abakosoye ibizamimi bya Leta baravuga ko gutangaza amanota batarabahemba ari ukudaha agaciro umurimo bakoze.
Abarimu bakosoye ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza (P6) n’icyiciro rusange (O’Level) baravuga ko kuba inzego zikuriye uburezi mu Rwanda zarafashe umwanzuro wo gusohora amanota...