Featured Abarimu bahawe inkunga yo kwiga muri Kaminuza y’u Rwanda barasaba Leta kubaha amafaranga abafasha kwibeshaho.
Abarimu bahawe amahirwe yo gukomeza kwiga uburezi muri Kaminuza y’u Rwanda mu mashami y’uburezi aherereye i Rukara na Nyagatare (UR-CE) mu Ntara y’Iburasirazuba muri gahunda...