Amizero
Ahabanza Amakuru Hanze Politike Umutekano

RD Congo: Menya impamvu muri Kivu y’Amajyaruguru banze kwibaruza mu bazitabira amatora.

Mu gihe habura umunsi umwe gusa ngo ibarura ry’abaturage ribanziriza amatora ritangire mu Burasirazuba bwa DR Congo, abatuye mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru baravuga ko badashobora kwitabira ibikorwa by’amatora igihe cyose Leta itarirukana abarwanyi ba M23 n’indi mitwe yitwaje intwaro iri mu Burasirazuba bw’Igihugu cyabo.

Amashyirahamwe yigenga yo aravuga ko atumva ukuntu ibikorwa by’amatora bishobora kubaho mu gihe abaturage bo mu Burasirazuba bakiri mu nkambi z’impunzi kandi umutekano muke ukaba ukomeje kuba ikibazo ku baturage bo muri Teritwari za Rutshuru, Masisi na Nyiragongo. Aya mashyirahamwe ndetse n’impunzi ziri mu nkambi zitandukanye zisaba Leta ya DR Congo kubanza gukemura ibibazo cyugarije abanyekongo.

Uburasirazuba bwa DR Congo bukomeje kuba indiri y’imitwe isaga 130 yitwaje intwaro, muri iki gihe ariko ikaba ihanganye na M23 ikomeje gufata ibice byinshi bya Kivu y’Amajyaruguru ku buryo hari abavuga ko Leta itagize icyo ikora mu maguru mashya bashobora kwisanga iki Gihugu cyatakaje igice cyacyo kikaba icya M23.

Abaturage bo muri Kivu y’Amajyaruguru bigaragambya basaba ko Leta yabo yakora ibishoboka ikirukana M23 n’indi mitwe yitwaje intwaro.

Related posts

Indege za USA zarashe ku birindiro by’Abatalibani mu kubaca intege.

N. FLAVIEN

Amasezerano mu by’umutekano hagati ya Mali na Kompanyi Wagner y’Abarusiya yavugishije Abafaransa.

N. FLAVIEN

Perezida wa Iran yakoze impanuka ya kajugujugu aburirwa irengero.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777