Amizero
Ahabanza Amakuru Amakuru mashya

Maj Gen. Makenga wa M23 yagemuriye abasikare ba FARDC barwariye mu bitaro i Goma.

Maj Gen Sultan Makenga Umuhuzabikorwa w’igisirikare cya AFC/M23 akaba n’Umugaba mukuru w’ingabo zigamije impinduramatwara muri DR Congo (ARC) yasuye abasirikare ba FARDC bakomerekeye ku rugamba bakaba barwariye mu bitaro bya gisirikare bya Katindo.

Makenga yasuye aba basirikare b’igisirikare gihanganye n’umutwe ayoboye kuwa 5 Gashyantare 2025. Ni abasirikare bakomeretse mu rugamba rw’amagasa mu gufata umujyi wa Goma.

Abarwanyi babarirwa mu bihumbi 40 barwanyije umutwe wa M23 bawubuza kwinjira mu mujyi wa Goma, imirwano ikomeye yabaye iminsi ibiri mu mujyi wa Goma, isiga inkomere zibarirwa mu bihumbi 3, mu gihe umuryango w’Abibumbye utangaza ko abaguye mu mirwano babarirwa mu bihumbi bitatu n’ubwo hari indi mirambo itaragiye itangazwa.

Uretse abasirikare ba FARDC barimo kuvurirwa mu kigo cya Monusco, hari abasirikare barimo kuvurirwa mu bitaro bya gisirikare bya Katindo.

Ubuyobozi bwa AFC butangaza ko Maj Gen Sultan Makenga yasuye abasirikare barwariye mu bitaro bya gisirikare bya Katindo kugira ngo abahumurize kandi abakomeze nk’uko tubikesha KT.

Maj Gen Makenga yabwiye abasirikare ba FARDC ko bazitabwaho kandi bagakira, abasaba ko nibakira baziyunga kuri AFC.
Gusura abo yari ahanganye nabo ku rugamba birakururira icyizere abasirikare ba FARDC barwariye mu mujyi wa Goma, abasirikare bashyize intwaro hasi bakishyikiriza umutwe wa M23 hamwe n’ abasirikare bakomeje kwihisha mu ngo.

Maj Gen Makenga asuye abasirikare ba FARDC mu gihe abarwanyi ayoboye barimo kwigarurira ibice bitandukanye muri Kivu y’ Amajyepfo, naho muri Kivu y’ Amajyaruguru bamaze gufata byuzuye Teritwari ya Masisi, Rutshuru, Nyiragongo n’umujyi wa Goma.
Naho Teritwari abarwanyi ba M23 bamaze gufata bituzuye harimo Walikale na Lubero mu gihe Teritwari ya Beni abarwanyi ba M23 batarayigeramo.

Related posts

DR Congo: Umugore ufite ubumuga mu bashaka gusimbura Félix Tshisekedi ku butegetsi.

N. FLAVIEN

Uko wakwita ku isuku y’amenyo ugaca ukubiri n’ibiyangiza mu buryo utazi.

N. FLAVIEN

Rubavu: Imvamutima z’abagobotswe na Leta nyuma yo gushegeshwa na Covid-19.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777