Ubuyobozi bw’Akarere ka Gakenke gaherereye mu Ntara y’Amajyaruguru, buramenyesha abantu bose babifitiye ubushake n’ubushobozi kandi bujuje ibyangombwa mu gucunga amavuriro y’ibanze (Health Posts) mu rwego rwa “Pubic Private Community Parternership”, ko bwifuza kwegurira ba rwiyemezamirimo amavuriro y’ibanze yo ku rwego rwa mbere kugirango bayakoreshe.
Ayo mavuriro ni aya akurikira hakurikijwe aho aherereye:
