Amizero
Ahabanza Amakuru Amakuru mashya Politike Umutekano

DR Congo idakozwa ibya Bujumbura ngo ntiteze kuganira na M23.

Patrick Muyaya, Umuvugizi wa Leta ya DR Congo yatangaje ko batazaganira kandi ngo ntibanateganya kuganira n’umutwe wa M23 niba idakurikije ibyo yasabwe n’amasezerano ya Luanda kuko ibindi byose byaba ari ukwibeshya.

Imbere y’abanyamakuru i Kinshasa, Patrick Muyaya yavuze ko mu nama ya Bujumbura yabaye Kuwa Gatandatu tariki 04 Gashyantare 2023 “nta nyandiko iyo ariyo yose Perezida Tshisekedi yasinye, ko bo bemera gusa amasezerano ya Luanda.

Ibintu bikomeje kumera nabi mu Burasirazuba bwa DR Congo mu gihe kuwa Mbere imirwano yongeye kubura hagati ya M23 n’ingabo za Leta mu duce turi hafi ya centre ya Sake, iyi iri mu birometero 25 iburengerazuba uvuye mu Mujyi wa Goma.

Kuri uyu wa Mbere tariki 06 Gashyantare, mu Mujyi wa Goma naho habaye, kandi byitezwe ko hashobora gukomeza, imyigaragambyo ikomeye yamagana ingabo z’umuryango wa Africa y’iburasirazuba (EAC) banenga ko zitarimo kurwana na M23, imyigaragambyo yaranzwe n’ubusahuzi no kwangiza, ndetse hapfa abantu nibura babiri bari muri ibyo bikorwa, barimo n’umupolisi bivugwa ko ari uwo mu bwoko bw’abatutsi.

Abajijwe niba hari icyizere Leta igifitiye ingabo za EAC, Muyaya yavuze ko atavuga ko gihari cyangwa nta gihari, avuga ko izo ngabo zaje zifite inshingano yo gutera ariko ko zitarabikora. Yongeraho ko uburakari bw’abaturage b’i Goma bufite ishingiro.

MONUSCO yatangaje ubutumwa bwamagana ibyabaye ejo i Goma birimo kwangiza urusengero rw’Abanyamulenge, isaba abantu kwirinda imvugo z’urwango.

Patrick Muyaya uvugira Leta ya DR Congo yavuze ko Leta avugira idateze kuganira na M23 mu gihe itararekura ibice yafashe byose.

Related posts

Israel na Hamas bumvikanye guhagarika intambara mbi cyane mu mateka

N. FLAVIEN

Padiri Ubald Rugirangoga yasabiwe na benshi kuzagirwa umutagatifu.

N. FLAVIEN

Habineza Joseph ‘Joe’ wigeze kuba Minisitiri wa siporo yitabye Imana

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777