Tshisekedi yashimiye Ibihugu by’inshuti bikomeje gupfusha ingabo zitangira DR Congo.
Ubwo yagezaga ijambo ry’uko igihugu cyifashe muri uyu mwaka ku nteko ishinga amategeko, Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yavuze ko ashimira...