Amizero
Ahabanza Amakuru Amakuru mashya Politike Umutekano

AFC/M23 yihanganishije ababuriye ababo mu gitero cyiswe icy’iterabwoba.

Ihuriro AFC / M23 ryihanganishije abaturage b’i Bukavu nyuma y’igitero cyiswe icy’iterabwoba cyagabwe ku mbaga yari iteraniye mu biganiro byahuje abaturage n’ubuyobozi bwa AFC/M23.

Ubuyobozi bwa AFC/M23 buravuga ko icyo gitero cyateguwe na Perezida Félix Tshisekedi n’abo bafatanyije umugambi w’ubugizi bwa nabi.

AFC/M23 iravuga ko icyo gitero cyaguyemo abantu benshi barimo n’abari muri uwo mugambi mubisha, babiri muri bo bakaba bafashwe, hakaba hakomeje gushakishwa n’abandi bafatanyije.

Itangazo rya AFC/M23 riravuga ko amabwiriza yo kugaba icyo gitero yatanzwe Perezida Félix Tshisekedi ubwo yagiranaga ibiganiro n’uwahoze ari Guverineri wirukanywe i Bukavu.

AFC/M23 yavuze ko icyo gitero byanze bikunze kizagira ingaruka ku bagiteguye kuko nk’uko bisanzwe bo (AFC/M23) baharanira kurengera abaturage no gucecekesha imbunda bikorewe aho zirasirwa.

Itangazo rya AFC/M23 nyuma y’igitero cyiswe icy’iterabwoba.

Related posts

Rutsiro: Umwana umaze imyaka 12 afashwe n’indwara idasanzwe aratabarizwa.

N. FLAVIEN

Rubavu: Haravugwa imyigaragambyo mu bakozi basaga 200 b’uruganda rw’icyayi rwa Pfunda.

N. FLAVIEN

Musanze: Abahoze bakorera mu isoko ry’ibiribwa bahawe ibisima mu isoko rishya nk’uko bari barabisezeranyijwe.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777