Amizero
Ahabanza Amakuru Amakuru mashya Ubuzima

Umusore uri mu kigero cy’imyaka 20 yasimbutse mu nzu ya 13 kwa Makuza ahita apfa.

Umusore witwa Ishimwe Thierry uri mu kigero cy’imyaka 20 y’amavuko yasimbutse mu igorofa rya 13 mu nzu izwi nko kwa Makuza (Makuza Pension Plaza) agwa mu muhanda ahita apfa. Bikaba bivugwa ko ngo yiyahuye kubera umukobwa bakundanaga wamuhemukiye.

Aya mahano yabaye ahagana saa kumi z’umugoroba zuzuye (16h00) kuri uyu wa gatatu tariki 04 Kamena 2025, aho uyu musore byagaragaye ko akomoka mu murenge wa Runda, Akarere ka Kamonyi, Intara y’Amajyepfo yabonywe n’abantu asimbuka mu igorofa (étage) rya 13 akikubita hasi nta gusamba agahita ahwera.

Bamwe mu batanze aamkuru bavuze ko yiyahuye bitewe n’ikibazo yari afitanye n’umukobwa witwa Viliginia ngo bakundanaga kuko ngo mbere yo kwiyahura yumvikanye avuga ngo “ibi byose ni Viliginia ubiteye.”

Inzego z’umutekano zahise zigera ahabereye aya mahano, umurambo wa nyakwigendera wari ushungewe n’abaturage ukaba watwawe n’imodoka yabugenewe ujyanwa kwa muganga kugirango ukorerwe isuzuma.

Umusore uri mu kigero cy’imyaka 20 yasimbutse mu igorofa rya 13 kwa Makuza ahita apfa.
Inzego z’umutekano zahise zihagera umurambo ujyanwa kwa muganga kugira ngo akorerwe isuzuma.

Related posts

Mali: Ibyihebe by’Abajihadisite byishe abantu bagera kuri 30.

N. FLAVIEN

Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi ushobora kongera gufungwa.

N. FLAVIEN

Rutsiro: Birakekwa ko yatemewe inka bitewe n’umugore w’abandi yatwaye.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777