Amizero
Ahabanza Amakuru Hanze Politike Umutekano

Maj Willy Ngoma avuga ko mu gihe FARDC yahirahira igaba ibitero kuri M23 bizayibyarira amazi nk’ibisusa.

Umuvugizi wa M23, ishami rya gisirikare, Maj Willy Ngoma, yagaragaje ko Umutwe wa M23 umaze amezi arenga abiri  warigaruriye Umujyi wa Bunagana, ariko ukaba utaragaba ibitero ku yindi Mijyi ibarizwa muri Teritwari ya Rutshuru, avugako bo bashaka amahoro, ko ariko umunsi FARDC yahirahiye ishaka kubarwanya byeruye biteguye neza kuhafata hose.

Mu kiganiro Major Willy Ngoma yagiranye na Rwandatribune, yasobanuye ko intego nyamukuru ya M23 atari ukwigarurira ibice bitandukanye bya DR Congo, ahubwo  bashaka ko Leta ya DR Congo yakubahiriza amasezerano yagiranye nabo kuko bo badashaka intambara ahubwo bifuza amahoro .

Yagize ati: “Intego yacu ntabwo ari ukwigarurira ibice bitandukanye bya DR Congo kuko twifuza amahoro. Icyo twe twifuza ni uko ubutegetsi bwa DR Congo bwakubahiriza amasezerano twagiranye  ari nayo mpamvu nyamukuru yatumye twongera kubura imirwano”.

Yangeyeho  ko n’ubwo  M23 idashishikajwe no gufata Imijyi itandukanye, ifite ubushobozi bwo kubikora mu gihe byaba bibaye ngombwa ndetse ko mu gihe icyaricyo cyose FADRC yabashozaho intambara yeruye, ku bw’umutekano wabo iyo Mijyi nka Goma n’ibindi bice bitandukanye M23 yahita ibyigarurira byihuse.

Related posts

DR Congo: Vital Kamerhe yatorewe kuba Perezida w’Inteko ishinga amategeko Umutwe w’Abadepite.

N. FLAVIEN

Etiyopiya: Intambara ya Tigray ikomeje kototera utundi duce

N. FLAVIEN

‘Rubavu Nziza’ itubereye imfura kandi igomba gukwira Intara yose: “Guverineri Dushimimana”.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777