Featured Tshisekedi yasabye abanyecongo baba mu Bubiligi kumutera inkunga yo guhangana n’u Rwanda.
Mu biganiro yagiranye n’abanyecongo baba mu Bubiligi, Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi Tshilombo yabasabye ko bamufasha gushaka uburyo buhamye yahangana n’u...