Featured Perezida Kenyatta yashimye imyitwarire ya M23 asaba ko yashyirwa mu biganiro na Leta.
Umuhuza mu bibazo bya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Uhuru Kenyatta, akaba yaranabaye Perezida wa Kenya, yashimye M23 kuba ikomeje kubahiriza ibyo yasabwe mu rwego...