Featured Perezida Kagame yasabye abazahajwe n’ibiza kwihangana bakanihanganira Leta.
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, ubwo yasuraga ahibasiwe n’ibiza mu Karere ka Rubavu, Intara y’Iburengerazuba, yasabye abaturage babirokotse kwihangana, no kwihanganira Leta mu...