Featured Musanze: Amashirakinyoma ku byavuzwe ko ababyeyi bari kwakwa amafaranga yo kugura imodoka y’umuyobozi w’ishuri.
Mu minsi ishize, hari bamwe mu babyeyi bo mu Murenge wa Remera, Akarere ka Musanze, baherutse gutangariza itangazamakuru ko ikigo cy’amashuri cya Remera cyabatse amafaranga...