U Rwanda rwafashije Afurika y’Epfo gucyura imirambo y’abasirikare bayo baguye muri DR Congo barwana na M23.
U Rwanda rwafashije Afurika y’Epfo gucyura imirambo y’abasirikare bayo bagera kuri 14 baguye ku rugamba mu burasirazuba bwa DR Congo mu rugamba barwanamo bafasha ingabo...