Featured Haribazwa byinshi ku cyemezo cya CAF gitegeka u Rwanda kwakirira Benin iwayo kubera kutagira Hoteli.
Kuba mu Mujyi wa Huye uherereye mu Ntara y’Amajyepfo ngo nta Hoteli iriyo yujuje ibisabwa na CAF, byatumye u Rwanda rwangirwa kwakira umukino wo kwishyura...