Featured DR Congo yahakanye yivuye inyuma ibyo kugaba igitero ku basirikare b’u Rwanda.
Nyuma y’uko Igisirikare cy’u Rwanda, RDF gisohoye itangazo rivuga ko ahagana saa kumi n’igice z’igitondo (4h30), kuri uyu wa Gatatu tariki 15 Gashyantare 2023, Ingabo...