Featured Abagabo bo mu Burusiya bari guhunga Igihugu batinya itegeko rya Putin ribajyana mu gisirikare.
Abagabo mu Burusiya barimo kugerageza kuva mu Gihugu bahunga kwinjizwa mu gisirikare ngo bajye mu ntambara iri kuvuza ubuhuha muri Ukraine. Imirongo yabaye miremire ku...