Amizero
Ahabanza Amakuru Amakuru mashya Imikino

Iyo utaba umuhamagaro nari kureka umupira – Kylian Mbappe

Umukinnyi mpuzamahanga w’umufaransa, Kylian Mbappe yatangaje ko iyo aba atari umuhamagaro afite muri ruhago, yari kuba yararetse kuyiconga kubera ibitero yagiye agabwaho n’abantu.

Mu kiganiro yagiranye na L’Equipe, Mbappe yavuze ko kuba muri ruhago uri umufana uza ku kibuga uje kureba ibirori ntako bisa, kuko abenshi batazi ibibera inyuma y’amarido ku bakinnyi barwana n’imijugujugu ya hato hato.

Mbappe yagize ati: “Ni ubuzima tubamo kandi tudashobora guhindura. Nzwi cyane muri Ruhago ariko si ko ubuzima bwanjye buri, umupira ni umupira nyine. Nkunda kuvuga ko abantu baza ku masitade ari abanyamahirwe, baza kureba ibirori ariko batazi ibiri inyuma y’amarido. Mu by’ukuri iyo utaba umuhamagaro nari kureka umupira mu gihe cyashize.”

Muri iki kiganiro kandi Mbappe yanagarutse ku byavuzwe byo kuba yaratawe muri yombi na police ku byaha byo gufata ku ngufu yavuzweho mu minsi yashize. Yatangarije iki gitangazamakuru dukesha iyi nkuru ko uretse no gutabwa muri yombi nta telefone ya police yigeze imusaba gutanga ibisonuro ibyo ari byo byose, ahubwo ari abatamwifuriza ibyiza barema amakuru.

Ati: “Byose bishingira ku kinyuranyo gito cyo kwitwararika no kubabazwa. Abantu bamwe baba bashaka kukubabaza, gusa si bose. Ntuba ugomba gutekereza byinshi uretse gusa gufatirana amahirwe. Ubuzima ni nk’imikino y’amahirwe. Abenshi bavuga ko intawri ari zo zitsinda, nawe uba ugomba kugerageza. Muri ruhago ikigorana ni uko abandi bagufata.”

Mbappe yari kumwe n’Ikipe y’Igihugu y’Ubufaransa mu mikino yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi 2026, akaba yaranitwaye neza aho yaje gutsinda ibitego 2 mu mikino ibiri, yaba uwo batsinzemo Ukraine na Iceland. Ibi bitego yatsinze byanatumye ahita kuri Thiery Henry mu batsindiye Ubufaransa ibitego byinshi.

Mbere yo gukina iyi mikino ibiri ya Ukraine na Iceland Mbappe yari umukinnyi wa gatatu umaze gutsindira Ubufaransa ibitego byinshi akurikiye Olivier Giroud watsinze 57 mu mikino 137 na Thierry Henry 51 mu mikino 123. Ibitego yatsinze batumye ahita aba umukinnyi wa kabiri n’ibitego 52 mu mikino 89.

Related posts

Inkomoko y’amateka ashaririye Virgil Van Dijk wa Liverpool ahuriyeho na Dele Ali.

KALISA

Sebwato ukinira Mukura VS yavuze icyatumye adasinyira Rayon Sports.

KALISA

Ba Ofisiye bato 501 binjijwe muri Polisi y’u Rwanda [Amafoto]

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777