Amizero
Ahabanza Amakuru Hanze Politike Umutekano

FARDC na M23 bongeye gukozanyaho nyuma y’agahenge kari kamaze iminsi.

M23 yatangaje ko ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, FARDC zawugabyeho ibitero mu birindiro byawo mu gace ka Bwiza.

Ibi byatangajwe na M23 mu itangazo yashyize hanze kuri uyu wa Gatanu tariki 16 Ukuboza 2022, rivuga ko igisirikare cya Guverinoma ya Congo gifatanyije n’imitwe kiri gukorana nayo, cyagabye ibitero mu birindiro by’uyu mutwe mu gace ka Bwiza.

Umutwe wa M23 uvuga ko ibi byerekana ko Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo idashaka ko hakurikizwa inzira z’amahoro zo gushaka umuti w’ibibazo.

M23 kandi itangaza ko ibyakozwe n’Ingabo za Leta bihabanye n’imyanzuro yafatiwe mu nama y’i Luanda muri Angola yabaye tariki 23 Ugushyingo 2022 nk’uko tubikesha Rwandatribune.

M23 kandi yaboneyeho kwibutsa ko yatanze umuburo kenshi ko ubutegetsi bwa DR Congo buhagarika ibikorwa byo guhonyora uburenganzira bwa muntu mu gace ka Bwiza ariko ko bukomeje kubirengaho, bityo ko uyu mutwe udashobora kubyihanganira n’ubwo Isi yose ikomeje kubireba ikicecekera.

Related posts

Rubavu: Abiswe ‘abuzukuru ba shitani’ bakomeje guhangayikisha Akarere.

N. FLAVIEN

Iran yarashe imvura y’ibisasu byambukiranya imigabane kuri Israel.

N. FLAVIEN

Kuba M23 yavuye ku izima ikemera kuva mu bice yari yarafashe ni igitutu cy’amahanga cyangwa ni ugutsindwa urugamba?

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777