Gen (Rtd) Kabarebe yavuze ko ibihugu byafatiye u Rwanda ibihano bishaka ubutunzi muri DR Congo.
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Gen (Rtd) James Kabarebe, yagaragaje ko ibihugu byafatiye u Rwanda ibihano bishaka amabuye y’agaciro muri Repubulika Iharanira...