Amizero
Ahabanza Amakuru Amakuru mashya Ubukungu

RURA yatangaje igabanyuka ry’ibiciro by’ibikomoka kuri Peteroli.

Urwego rw’Igihugu rushinzwe Kugenzura Imikorere y’Inzego Zimwe z’Imirimo Ifitiye Igihugu Akamaro (RURA), rwatangaje igabanyuka ry’ibiciro mu Rwanda rishingiye ahanini ku igabanuka ry’ibiciro by’ibikomoka kuri Peteroli ku isoko mpuzamahanga.

Litiro ya Lisansi yashyizwe ku 1,544 Frw ivuye ku 1,580Frw, mu gihe Litiro ya Mazutu yashyizwe ku 1,562 Frw ivuye ku 1,587.

Iri tangazo rikomeza rivuga ko ibi biciro bishya bizatangira kubahirizwa kuri uyu wa Kane tariki 02 Gashyantare 2023.

RURA yaherukaga gutangaza ibiciro by’ibikomoka kuri Peteroli mu mpera za 2022, ubwo yatangazaga ko ibiciro biguma aho byari biri mbere y’icyo gihe.

RURA yatangaje igabanyuka ry’ibiciro by’ibikomoka kuri Peteroli mu Rwanda.

Related posts

Ubushinjacyaha bwasabiye Bamporiki gufungwa imyaka 20 n’ihazabu ya miliyoni 200.

N. FLAVIEN

Ukraine: Urukumbuzi ni rwinshi kubagore b’abasirikare n’abagabo babo.

Muntu Clarisse

M23 yemeje ko yafashe Bunagana yose, FARDC ihungira muri Uganda.

N. FLAVIEN

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777