Amizero
Ahabanza Amakuru Imyidagaduro

Umuhanzi Wizzy Maker yashyize hanze indirimbo ‘Amafunzo’ ashimangira ubuhanga bwe[VIDEO]

Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatandatu tariki 26 Werurwe 2022, umwana muto mu myaka no mu ndeshyo ariko mukuru mu mutwe, Wizzy Maker, imbere y’imbaga y’abavandimwe, inshuti n’abandi bafite aho bahuriye n’umuziki, abamurikira indirimbo ye yise ‘Amafunzo’

Iki gikorwa cyateguwe mu rwego rwo kugaraza indirimbo no gushimira abantu batandukanye bakomeje gufasha Wizzy Maker no kumuba hafi mu ruganda rwa muzika yatangiye akiri muto kuko ubu afite imyaka 11 gusa.

Iki gikorwa cyitabiriwe n’abarimo umuhanzi Meylo ukomoka mu Karere ka Musanze, umwe mu baraperi bahagaze neza, wahumurije Wizzy amubwirako buri gihe gutangira bigorana kandi ko nawe agitangira byamugoye kuko bisaba gukotana ariko amaherezo ukagera ku cyo ushaka.

Umuhanzi ukiri muto Wizzy Maker

Umuhanzi Wizzy Maker amaze gukora indirimbo ebyiri; iya mbere yayise ‘My Story’, iya kabiri ayita ‘Amafunzo’, indirimbo irimo kurebwa cyane ugereranyije n’iyayibanjirije. Afite gahunda yo gukora indirimbo nyinshi mbere yo gusubira ku ishuri, maze azasubireyo indirimbo ziri gutunganywa neza.

Umubyeyi (Papa) wa Wizzy Maker yitwa Nsengayezu Vedaste. Avuga ko ari ishema kugira umuhererezi akaba icyamamare kuri iyi myaka. Yavuze ko bitamutunguye kuko ngo kuva ku myaka ye itatu, Wizzy yari umwana ushabutse cyane, ugaragaza ko hari impano idasanzwe imurimo. Ati: “Ni ishema rikomeye kuko uyu mwana yatumye nanjye menyekana, nzakomeza gukora ibishoboka byose mufashe mu buryo bw’ubushobozi akomeze atere imbere”.

Papa wa Wizzy Maker mu byishimo aterwa na bucura bwe

Mu kiganiro AMIZERO.RW yagiranye na Manager wa Wizzy Maker, Mr Jean Gugu, usanzwe abarizwa cyane mu ri Filime nyarwanda, dore ko asanzwe akina muri Filime ikunzwe cyane ‘Ikiriyo cy’urukundo’, yavuze ko intego nyamukuru ari ugukundisha abantu abahanzi nyarwanda kandi bagakunda n’ibihangano byabo. Yakomeje avuga ko agiye kubaka Musanze itanyeganyega mu gice cy’imyidagaduro. Ati: “Maze iminsi ntekereza ukuntu bikomeye, ariko mbona ko nibishyirwa mu bikorwa kizaba ikintu gikomeye muri Afurika”.

Indirimbo ‘Amafunzo’ bishatse kuvuga ko mu buzima bwa buri munsi habamo amasomo umuntu ahora yiga, yakozwe na Dir.Josh ukomeje kwigaragaza muri iyi minsi kuko uretse iyi ndirimbo, hari n’abandi bahanzi ndetse n’amakorali akomeje gukorera amashusho ari ku rwego rwiza.

AMAFUNZO by WIZZY MAKER
Mr Jean Gugu/Manager wa Wizzy Maker
Umuhanzi Maylo

Related posts

Korali Iriba y’i Huye igiye gutaramira abo mu Itorero rya ADEPR Bugarama.

N. FLAVIEN

Ministiri w’Intebe w’Ubwongereza amaze kwegura ku Buyobozi bw’Ishyaka rye.

N. FLAVIEN

FERWAFA yazamuye umubare w’abanyamahanga bemerewe kujya mu kibuga

KALISA

Leave a Comment

EBONY88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Ebony88

Slot Gacor Hari Ini

Slot Deposit 10 ribu

Slot Gacor Hari Ini

Slot Online Gacor

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Aslivip88

Asli4D

Asli4D

Asli4D

RSU Alam Medica

RSU Jati Husada

RSU Bina Kasih

RSU Graha Husada

RSU Medika Mulya

Sobat777

Sobat777

Sobat777